Urutonde rw' ibihugu 15 ku isi bikorerwamo uburaya bwemewe n'amategeko

Umurimo w' uburaya benshi bafata nka kirazira hari ibihugu bitandukanye ku isi byagiye bibona ko abawukora bahabwa akato ndetse rimwe na rimwe babangamirwa kubera uyu murimo bakora wo gucuruza igitsina cyabo , kuri ubu hari ibihugu bitandukanye byahaye rugari abakora umurimo wo kwicuruza ndetse bashyirirwaho amategeko njyenderwaho n' ibyo buri wese ushaka kuwukora agomba kuba yujuje akabona gutangira akazi .
IBYO UMUKOBWA AGOMBA KUBA YUJUJE :
kuba nta ndwara nimwe arwaye . kuba afite (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2oQF94O
via IFTTT

No comments:

Post a Comment