Umusirikare wa Congo uherutse gufatirwa mu Rwanda yashimye uko ingabo z' u Rwanda zamufashije

Umusirikare mu ngabo za Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Sergent Major Malanga Bombole wari umaze iminsi itatu afatiwe mu Rwanda, nyuma yo kwibeshya ku mipaka akisanga ku butaka bw'u Rwana mbere yo gusubizwa ingabo za Congo yavuze ko ingabo z' u Rwanda zamufashe neza mu minsi itatu yamaranye nazo.
Sergent Maj Malanga yafatiwe mu mudugudu wa Cyamabuye mu Kagari ka Rusura mu Murenge Busasamana ku gicamunsi cyo kuwa Gatatu tariki 28 Gahyantare 2018. Ingabo z'u Rwanda zamushyikirije (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2FLLfvb
via IFTTT

No comments:

Post a Comment