Tour du Cameroon yari yitabiriwe n'Abanyarwanda yasubitswe

Hadi Janvier na bagenzi be ntibagikinnye irushanwa ryagombaga gutangira ku munsi w'ejo muri Cameroon rya Tour du Cameroon nyuma y'aho ubuyobozi bwaryo butangaje ko risubitswe.
Hadi Janvier agiye kongera gutegereza igihe kirekire kugira ngo asubire muri Team Rwanda
Ubuyobozi bw'iri rushanwa bwatangaje ko risubitswe muri iki gitondo nyuma y'aho amakipe 2 ariyo yari amaze kugera muri iki gihugu arimo Team Rwanda na Sovac.
Iri rushanwa ryagombaga gutangira ku munsi w'ejo taliki ya 10 kugeza ku (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Hk0Bqj
via IFTTT

No comments:

Post a Comment