Abayobozi b' akarere ka Kisoro mu magepfo ya Uganda basabye Perezida w' iki gihugu Yoweri Museveni guha Gen. Kale Kayihura uherutse kwirukanwa ku mwanya w' Umuyobozi Mukuru wa Polisi umwanya muri guverinoma ya Uganda.
Akarere ka Kisoro gaherereye mu magepfo ashyira Uburengerazuba bwa Uganda gahana imbibi n' u Rwanda gatuwe n' abitwa Abafumbira.
Umuvugizi wa Njyanama y' aka karere bwana Amos Hakizimana ku wa Kabiri tariki 6 Werurwe 2018 yavuze ko kwirukana Gen Kayihura ntahabwe umwanya ukomeye (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2oSUUsM
via IFTTT
No comments:
Post a Comment