Musanase Laura uzwi nka “Nikuze” muri filime y'uruhererekane yitwa “City Maid” yatangiye akina ari umukozi wo mu rugo yatangaje ko atari indaya ahubwo akina ashaka guhindura abantu abinyujije muri filime.
Musanase Laura ubusanzwe ni umunyarwandakazi ufite imyaka 25 y' amavuko wavukiye muri Tanzania, afite ababyeyi bose mu muryango w'iwabo bavuka ari abana batandatu . Nikuze ubusanzwe avuga ko yakuze afite inzozi zo kuzaba umucuruzi ukomeye w'imodoka, gusa siko byaje kugenda n'ubwo ritararenga, (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2oFnptF
via IFTTT
No comments:
Post a Comment