Nikuze wahindutse indaya muri ‘City Maid' no mu buzima busanzwe yahindutse indaya?

Musanase Laura uzwi nka “Nikuze” muri filime y'uruhererekane yitwa “City Maid” yatangiye akina ari umukozi wo mu rugo yatangaje ko atari indaya ahubwo akina ashaka guhindura abantu abinyujije muri filime.
Musanase Laura ubusanzwe ni umunyarwandakazi ufite imyaka 25 y' amavuko wavukiye muri Tanzania, afite ababyeyi bose mu muryango w'iwabo bavuka ari abana batandatu . Nikuze ubusanzwe avuga ko yakuze afite inzozi zo kuzaba umucuruzi ukomeye w'imodoka, gusa siko byaje kugenda n'ubwo ritararenga, (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2oFnptF
via IFTTT

No comments:

Post a Comment