Muhanga: Umugabo wafatanywe ‘uburozi' mu rukiko ngo hari ibintu yaciririye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Gasangwa Joseph wo mu Murenge wa Mwendo uburana n' umugore we ibijyanye n'imitungo, yafatiwe mu cyumba cy'Urukiko rwisumbuye anyanyagizamo ‘ibirozi', yari anafite ihembe, gusa we avuga ko ari iryo kumurinda uburwayi. Umucamanza yategetse ngo bamwambure ibintu bindi yari afite ngo bitwikwe. Umugore we yatangaje ko afite amakuru ko hari ibintu umugabo we yaciririye
ubwo abakozi b'Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga bazaga mu kazi bahuriranye n'ikivunge cy'abari bamaze (...)

- Ubutabera /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2oVf70n
via IFTTT

No comments:

Post a Comment