Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda Bashabe Catherine abinyujije kuri Facebook yavuze ko ibyo abantu bacyetse atariko biri nkuko byagaragajwe mu mashusho.
Yagize ati “Mbabazwa bikomeye n'ukuntu itangazamakuru rishushanya abantu, by'umwihariko abakobwa bazwi muri iki gihugu, mwibuke aho igihugu kigeze munamenye aho kivuye, ni ikimwaro kuba mwakwamamaza ibihuha bipfuye. Ubuyobozi burabizera, abanyarwanda barabizera, ni ukuri mwikoresha nabi icyo cyizere ngo muhimbire umuntu ubuzima bupfuye (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2DbRCVG
via IFTTT
No comments:
Post a Comment