Dore impamvu gitifu wa Ruhango we ategujwe

Akarere ka Ruhango ubu kayobowe by' agateganyo na Nkurunziza Jean Marie washyizweho na Njyanama yako nyuma y' uko komite nyobozi yegujwe kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018.
Abo njyanama yeguje ni Mbabazi François Xavier wari Umuyobozi w'Akarere; Twagirimana Epimaque wari umuyobozi wungirije Ushinzwe Ubukungu na Kambayire Annonciata wari Umuyobozi Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza.
Perezida wa Njyanama y' aka karere yatangaje Gasasira Rutagengwa Jérôme ko aba bayobozi begujwe begujwe (...)

- Politiki / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2IeceQT
via IFTTT

No comments:

Post a Comment