Abitwaje intwaro bongeye gutera Nyabimata muri Nyaruguru ingabo z' u Rwanda zirabakurikira

Abantu bataramenyekana bitwaje intwaro zirimo n'imbunda bongeye kugaba igitero mu murenge wa Nyabimata basahura amatungo, ibiribwa, imyenda n'amafaranga nyuma yo kurasa amasasu batera ubwoba abaturage.

- Umutekano

from Umuryango.rw https://ift.tt/2tWlAKW
via IFTTT

No comments:

Post a Comment