Minisitiri w' Uburezi Dr Eugene Mutimura yasubije byeruye ikibazo cy' abanyeshuri bize isomo rya Microlobiologie muri Kaminuza bagera hanze bagasanga ibyo bize ntaho biba ku mbonerahamwe y' imyanya y' imirimo mu Rwanda ababwira ko ushaka kuba umuganga agomba kongera agatangirira mu mwaka wa mbere wa kaminuza.
- Uburezifrom Umuryango.rw https://ift.tt/2Kh8y1f
via IFTTT
No comments:
Post a Comment