Minisitiri Mutimura yeruriye abize MICROBIOLOGIE ko ‘gukora mu buvuzi kwabo biri kure'

Minisitiri w' Uburezi Dr Eugene Mutimura yasubije byeruye ikibazo cy' abanyeshuri bize isomo rya Microlobiologie muri Kaminuza bagera hanze bagasanga ibyo bize ntaho biba ku mbonerahamwe y' imyanya y' imirimo mu Rwanda ababwira ko ushaka kuba umuganga agomba kongera agatangirira mu mwaka wa mbere wa kaminuza.

- Uburezi

from Umuryango.rw https://ift.tt/2Kh8y1f
via IFTTT

No comments:

Post a Comment