Perezida wa Iran yavuze ko Trump nta gitekerezo akwiye gutanga muri politiki
Perezida wa Iran Hassan Rouhani yavuze ko Leta zunze ubumwe z' Amerika n' Ubufaransa badafite uburenganzira bwo kuvugura amasezerano y' intwaro z' ubumara.
Ni mu gihe mu gihe mu ruzinduko rw' iminsi ibiri Perezida w' Ubufaransa Emmanuel Marcron arimo muri USA bavugaga ko Trump ashobora gusaba ko aya masezerano yo muri 2015 yavugururwa Iran ikaba yakogererwa ibihano.
Perezida Rouhani wa Irani yavuze ko Perezida wa USA (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2qUR4QY
via IFTTT
No comments:
Post a Comment