
Papa Francis yabwiye Televiziyo TV 2000 ko hari igihe agatotsi kajya kamutwara ari gusenga, agasinzira. Yavuze ko hari n’abantu bagizwe Abatagatifu nabo bari bazwiho gusinzira bari gusenga. Muri bo harimo Theresa w’i Karikuta. Papa Francis avuga ko adakunda kurenza sa tatu z’ijoro araryama. Birazwi kandi ko Papa Francis akunda kuryama nyuma yo gufata amafunguro sa […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2zbzv3I
No comments:
Post a Comment