
*PAC isaba ko yahabwa ububasha, ibisobanuro yahawe n’abayobozi bikaba ibimenyetso bishinja, *Abadepite barimo na Perezida w’Inteko bavuze ko uyu mwanzuro utashoboka ubutabera bwigenga, *Nyuma y’impaka z’Abadepite bawemera n’abatawemera basabye ko wongera kuganirwaho. Komisiyo Ishinzwe gukurikirana umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC) yasabye ko ihabwa ububasha bwo kujya itegeka ko abayobozi bayitabye bakagaragaraho ibyaha […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2zbzyMW
No comments:
Post a Comment