Ibyishimo ni byose hagati y' Umunyarwandakazi Rehema n' umugabo we A.Y muri Tanzania

Nyuma y' uko Umuraperi AY asabye akanakwa umukobwa w' Umunyarwandakazi Rehema bakomeje gushyira ahagaragara amafoto yabo agaragaza akamuneza ku maso ya bombi
Taliki ya 10 Gashyantare, 2018 nibwo Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yasabye anakwa umukunzi we w' Umunyarwandakazi witwa Umunyana Rehema ,umuhango wabereye mu Rwanda nyuma bagahita berekeza muri Tanzania ari naho batuye magingo aya .
Mu kwezi k' Ukuboza 2016, nibwo AY yerekanye ku nshuro ya mbere umukobwa (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2FlcA76
via IFTTT

No comments:

Post a Comment