Azwiho kumenya kuganiriza abaturage ayobora abaha ingero z' aho yavuye n' uko yaje gutera imbere, abandi bamuzi ari umuyobozi wa komisiyo y' imibereho myiza y' Abaturage mu badepite b' u Rwanda, uretse ko byanze bikunze abo yigishije namwe mu mwibuka nubwo wasanga mutazi ko ubu ari umubyeyi w' abana batatu wikundira amafunguro ya Kinyarwanda.
Guverineri Mureshyankwano Marie Rose wasimbuye Munyentwari Alpfonse ku buyobozi bw' Intara y'Amagepfo yavutse mu muryango wifashije ahahoze ari Komine Karago (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2ESupNe
via IFTTT
No comments:
Post a Comment