Umugore uzwiho kuvuga ibintu bikabaho yavuze ibizaba kuri Donald Trump, Jay-z na Prince William muri uyu mwaka wa 2018

Umugore w' umunya –Australia wigeze kuvuga ikintu kikabaho yavuze ko Perezida wa Leta zunze ubumwe z' Amerika Donald Trump nubwo arimo kwishimira ko amaze umwaka ku butegetsi ngo muri uyu mwaka 2018 azeguzwa.
Georgina Walker yavuze ko uyu mwaka 2018 uzaba ari mubi kuri kuri Donald Trump kuko muri uyu mwaka FBI izashyira ahagaragara ibyo kuba Ubusurusiya bwaba bwarivanze mu matora ya 2016 ya Leta zunze ubumwe z' Amerika bigahesha intsinzi Donald Trump.
Yongeyeho ati “Ndabona ukweguzwa, ndabona (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2C9pVxa
via IFTTT

No comments:

Post a Comment