Muri East African party ku incuro yayo ya 10 ,byari ibicika cyane cyane imiririmbire ya Ali kiba ,Sheebah winubwe na bamwe mu bari bitebiriye iki gitaramo bavuga ko yabakiniye Playback imyambaro ye yateye benshi kuvugishwa nk’uko n’uwari uyoboye igitaramo ubwe Ange Umulisa yabyivugiye,usibye kwambara gutyo kandi Sheebah yishimiwe cyane mu ndirimo Binkorela yakoranye na The Ben ,Ihere ijisho uko byari byifashe :
from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2lHVNmv
via IFTTT
No comments:
Post a Comment