
Nk’uko mwabitugaragarije muri ‘poll’ imaze iminsi ibasaba ibitekerezo byanyu ku byo mwifuza ko twanoza kugira ngo turusheho kubaha servisi nziza mu itangazamakuru, twakoze isura nshya y’urubuga rwacu kandi rwanyu. Ni mu rwego rwo kuvugurura imikorere mu kubatangariza amakuru, ubuvugizi, ibitekerezo, ubujyanama, ubumenyi no gufatanya kubaka u Rwanda abanyarwanda bifuza. Umurimo ubu tumaze imyaka irindwi dukora. […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2BK6pXZ
No comments:
Post a Comment