Rutahizamu Nshuti Dominique Savio uheruka gukora amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere uguzwe amafaranga menshi n'ikipe yo mu Rwanda ubwo yavaga muri Rayon Sports yerekeza muri AS Kigali imuguze akayabo ka miliyoni 16 z'amanyarwanda,yamaze gusesa amasezerano n'iyi kipe ayishinja kutubahiriza ibiri mu masezerano.
Mu nkuru dukesha Ruhagoyacu,uyu musore we n'umuhagarariye witwa Ricard Sports Corporation batangaje ko basheshe amasezerano na AS Kigali, kuko Perezida wayo KANYANDEKWE Pascal hari (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2BQJmdS
via IFTTT
No comments:
Post a Comment