Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze n'uburakari bwinshi ibiro bishinzwe iperereza imbere mu gihugu, FBI.
Akoresheje urubuga rwa Twitter, Trump yavuze ko isura y'urwo rwego yanduye cyane ku buryo ari bwo bwa mbere bibaye mu mateka yarwo.
Yahakanye kandi ko atasabye James Comey - yirukanye ku buyobozi bwa FBI - guhagarika iperereza kuri Michael Flynn wari umujyanama we mu rwego rw'umutekano.
Trump yirukanye Flynn kuri uwo mwanya kubera kubeshya FBI ku birebana no (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2npEoCl
via IFTTT
No comments:
Post a Comment