Abantu bafite ubumuga bishimira ko Leta y'u Rwanda isigaye ibitaho by' umwihariko, gusa ngo babangamiwe no kuba insimburangingo ziri ku giciro kitoroheye buri wese no kuba ziboneka hake binyuranyije n' uko itegeko ribiteganya.
Tariki 3 Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku bantu bafite ubumuga. U Rwanda rwawizihirije I Gahini mu karere ka Kayonza gafite abantu barenga ibihumbi 4 bafite ubumuga.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y' Ubutegetsi bw' Igihugu Ushinzwe Imibereho Myiza (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2jIRPbj
via IFTTT
No comments:
Post a Comment