Iterambere ryaraje ingobyi zahekaga abarwayi zisubura guheka abageni

Umunyarwanda yagize ati ‘Agahugu katagira umuco karacika'. Burya ntawe ukwiye gusebya umuco w' undi kuko buri muco ugira ibyiza byawo kandi umuco ni nk' ikiremwa ugira amabyiruka n' ubusaza ukanapfa.
Imyaka yanjye irasatira 30, nagize 20 ntarabona umugeni bahetse mu ngobyi. Mu mabyiruka yanjye abageni nabonaga bagenda n' amaguru bakagenda batihuta nkabona nibyiza. Uwabaga yifite yagendaga n' imodoka bikaba ikimenyetso cy' ubukire mu bukwe bwe.
Magingo aya ikiranga ububwe bw' umukire mbona (...)

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw http://ift.tt/2lpXfJf
via IFTTT

No comments:

Post a Comment