Uburinganire ‘busesuye’ hagati y’abagore n’abagabo buzagerwaho nyuma y’imyaka 100- WEF

Mu isi kugira ngo abagabo n’abagore bazagire amahirwe angana mu nzego zose z’ubuzima bw’igihugu, bizafata imyaka itari munsi y’ijana nk’uko ubushakashatsi bwa World Economic Forum bubyemeza. Raporo yayo yerekana ko mu bihugu 144 hakiri ibibazo byo guheza abagabo cyangwa abagore mu nzego zitandukanye z’ubuzima bw’igihugu nko mu burezi, politiki no mu buzima. Nubwo bimeze gutya […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2A1leUI

No comments:

Post a Comment