Abana babaye mu kigo kinyuzwamo abana b' inzererezi bafatirwa mu mujyi wa Kigali mbere y' uko bajyanwa mu bigo ngororamuco bavuga ko iki kigo cyo kwa Kabuga I Gikondo abajyayo bakurayo indwara bakanigirayo imico mibi irimo n' ubutinganyi ariko Umuyobozi ushinzwe ubukungu n' iterambere mu mugi wa Kigali Parfait Busabizwa we ibi arabihakana.
- Umutekanofrom Umuryango.rw https://ift.tt/2veoHzi
via IFTTT
No comments:
Post a Comment