Umukecuru w' imyaka 86 arashinja umuzukuru we kumusambanya ku gahato

Mu murenge wa Rurenge mu karere ka Ngoma mu ntara y' iburasirazuba bw' u Rwanda , umusore w'imyaka 23 y'amavuko akurikiranyweho gusambanya ku ngufu nyirakuru w'imyaka 86, uyu mukecuru akaba avuga ko uyu mwuzukuru we basanzwe babana yamwihereranye akamurusha imbaraga akamusambanya ku gahato.

- Umutekano

from Umuryango.rw https://ift.tt/2u7l5O9
via IFTTT

No comments:

Post a Comment