Perezida w'impuzamashyirahamwe y'umukino wo gusiganwa ku magare ku isi yahaye icyizere u Rwanda rwifuza kwakira shampiyona y'isi

Perezida mushya wa UCI David Lappartient yatangaje amagambo aha u Rwanda icyizere cyo kwakira shampiyona y'isi, ubwo yatangazaga ko yifuza ko ibihugu by'Africa byahatanira kwakira shampiyona y'isi yo mu mwaka wa 2025.

- Imikino

from Umuryango.rw https://ift.tt/2OkLiSF
via IFTTT

No comments:

Post a Comment