Yvonne Chaka Chaka umwe mu bahanzikazi bakomeye mu muziki wa Afrika, kuri ubu akaba ari kubarizwa mu mujyi wa Kigali aho aje kwitabira igitaramo yatumiwemo na KNC, yabwiye abanyamakuru ko u Rwanda ari igihugu akunda cyane yumva ashaka kuzasaba ubwenegihugu. Agaruka no ku bwiza bw'ababasore b'Abanyarwanda.
- Imyidagadurofrom Umuryango.rw https://ift.tt/2Agd1kl
via IFTTT
No comments:
Post a Comment