Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukunzi wawe agifite ku mutima uwo batandukanye
Hari igihe umuntu agira umukunzi mu buzima bagatandukana baba barabanye cyangwa se batarabana nyuma ugasanga ashatse umugore ariko urukundo rwe ntirube rwaravuye kuri wa wundi wa mbere.
No comments:
Post a Comment