Umukozi wo mu rwego rw'ubuzima muri Zimbabwe yavuze ko abantu babiri ari bo bamaze gupfa nyuma y'igitero cyo ku wa gatandatu cyibasiye ibikorwa byo kwiyamamaza bya Perezida Emmerson Mnangagwa i Bulawayo, umujyi wa kabiri ukomeye w'icyo gihugu.
from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro https://ift.tt/2KjwRvz
via IFTTT
No comments:
Post a Comment