Zimbabwe: Abantu babiri bamaze gupfa nyuma y'igitero kuri Perezida

Umukozi wo mu rwego rw'ubuzima muri Zimbabwe yavuze ko abantu babiri ari bo bamaze gupfa nyuma y'igitero cyo ku wa gatandatu cyibasiye ibikorwa byo kwiyamamaza bya Perezida Emmerson Mnangagwa i Bulawayo, umujyi wa kabiri ukomeye w'icyo gihugu.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro https://ift.tt/2KjwRvz
via IFTTT

No comments:

Post a Comment