U Rwanda ntabwo rwatereye iyo ‘ikibazo cy' umucamanza urekura abakoze Jenoside batarangije ibihano'

Leta y' u Rwanda irimo gukorana n' ibihugu by' amahanga ku kibazo cy'Umucamanza w'Urukiko rushinzwe gusoza imirimo yasizwe n'Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha (MICT), Theodor Meron, urekura ba abahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi batarangije ibihano.

- Ubutabera

from Umuryango.rw https://ift.tt/2tDvO2K
via IFTTT

No comments:

Post a Comment