Umuyobozi w' ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza wari waniyamamarije kuba Perezida w' u Rwanda mu matora yabaye umwaka ushize ntabigereho yagaragaraje ibintu birenga bitatu Leta y' u Rwanda yakora mu rwego rwo kwirinda udutero duto tumaze iminsi twica abantu mu ntara y' amagepfo mu Rwanda, harimo n' uburyo bwafasha abashinzwe umutekano kumenya niba imbunda yarashe ari iy' u Rwanda.
- Mu Rwanda / Umuryango_Highlights_In_Slide, Big_Featured_Articlefrom Umuryango.rw https://ift.tt/2Mienwk
via IFTTT
No comments:
Post a Comment