Kantengwa Jeanne d' arc utuye mu mudugudu wa Gako akagali ka Rubona umurenge wa Kinazi wo mu karere ka Ruhango ahangayikishijwe bikomeye n'iyi mvura y'itumba rya 2018 kuko ubu iruhande rw'akazu ke haridutse kandi hagikomeje kuriduka ku buryo isaha n' isaha inzu ye ishobora gusenywa n' amazi.
- Umutekanofrom Umuryango.rw https://ift.tt/2JOv4OF
via IFTTT
No comments:
Post a Comment