Ubuhamya bwa Makurata wabonye umugabo nyuma y'imyaka 30 ategereje uw'umugisha

Ubu ni ubuhamya bw'umugore wabonye umugabo nyuma y'imyaka 30 ategereje umugabo w'umugisha yari yarasabye Imana nk'uko abivuga. Yaratuganirije atwemerera ko twamutangira ubu buhamya kugira ngo n'undi wese wakwisanga ameze nka we bimurememo ibyiringiro ko Imana ibereye nziza abayitegereza bayizeye bose.
Aratangira ubuhamya bwe ati: “Nitwa ImmaculĂ©e (Mama w'abana babiri: Faith na Foibe) mu rusisiro iwacu banyitaga ‘Makurata' ndi umukiristu ariko navutse iwacu badakijijwe nyuma njye nza kugirirwa ubuntu (...)

- Urukundo

from Umuryango.rw https://ift.tt/2HSpQ6Z
via IFTTT

No comments:

Post a Comment