Mu muziki nyarwanda harimo abahanzi b'abakobwa bitwara neza mu mico no mu myifatire impano zabo bakazihesha icyubahiro ariko harimo n'abandi babyitwaramo nabi bakiyandarika bigahesha isura mbi Umuryango Nyarwanda ndetse n'imiryango bakomokamo.
Mu busanzwe kubyara ni umugisha kandi umwana niyo mpano ikomeye Imana ishobora guha umuntu ariko iyo umukobwa abyaye nta mugabo agira bigaragara nabi kandi bikaba igisebo ku babyeyi be kuko bafatwa nk'aho bareze nabi.
Nyuma yo gusama inda harimo (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2HwtHaI
via IFTTT
No comments:
Post a Comment