Abakurikiranira umuziki hafi bemeza ko ubwiza”uburanga”bw'umukobwa biri mubigomba kumufasha mukuzamuka kwe muri muzika, uburanga aribwo bwiza bugararira ku maso butuma abasore cyangwa abagabo bamwibonamo dore ko aba aribo bafana babo cyane.
Mu Rwanda naho hari abahanzikazi bagiye bazamuka bagakundwa cyane bitewe n'uburanga bwabo buba buhebuza abagabo batari bake,ibyo abagabo bashobora kubakundira byaba byinshi bitewe nuko bababona gusa aha hanze iyo wegereye abakunzi ba muzika ntibatandukana (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2KfNTLJ
via IFTTT
No comments:
Post a Comment