Minisitiri Busingye afite inzozi ko umunsi umwe gereza zo mu Rwanda zizahinduka amashuri n' amahoteli

Minisitiri w' ubutabera w' u Rwanda Johnston Busingye afite icyizere ko u Rwanda ruzagera ikirenge mu cy' Ubuholandi rukagabanya imfungwa n' abagororwa maze gereza zigahinduka amashuri, amahoteri, sitade cyangwa inkambi zo kwakiriramo impunzi mu gihe cya vuba.
Gereza zo mu Buholandi zagabanutsemo imfungwa. Muri 2006 zari 20,463 muri 2016 zari zimaze kugera ku 10,102.
Minisitiri Busingye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Werurwe yoherereje ubutumwa bwa Pasika ku nzego zifite aho zihuriye n' (...)

- Politiki

from Umuryango.rw https://ift.tt/2pXoPjZ
via IFTTT

No comments:

Post a Comment