Drake ari mu ihurizo rikomeye nyuma yo gukundwa n’umukobwa bataziranye.

Hashize imyaka isaga 7 umukobwa agaragaje amafoto ye gusa agahisha amazina ashakishwa n’umuraperi Drake nyuma y’aho uyu mukobwa yeretse amahanga yose ko akunda uyu muhanzi,maze akaza no kubishimangira yandika izina ry’uyu muhanzi mu gahanga ke.

Uyu mukobwa yanditse mu gahanga ke izina Drake, amafoto ye akaba yaragiye ahagaraga muri 2011 maze uyu muhanzi Drake yifuza guhura nawe ngo amusuhuze ariko kugeza n’ubu ngo ntaramubona kandi arabyifuza kuko ngo yamweretse ikintu kidasanzwe kuri we.

Drake aganira n’itangazamakuru yagize ati:”mu by’ukuri ni byiza pe njye byarandenze hariya harimo urukundo rwinshi ntabasha gusobanura na n’ubu ndacyamushaka nibura menye amakuru ye”.

The post Drake ari mu ihurizo rikomeye nyuma yo gukundwa n’umukobwa bataziranye. appeared first on YEGOB|Entertainment News.



from YEGOB|Entertainment News https://ift.tt/2GHsX1h
via IFTTT

No comments:

Post a Comment