Umuhanzikazi Sinach wo muri Nigeria yatangaje ko azagera mu Rwanda ku cyumweru Taliki ya 1 Mata 2018.
Sinach ubusanzwe aririmba indirimbo zihimbaza imana ndetse wamenyekanye mu ndirimbo yise “I Know Who I Am” ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo kiswe Easter Celebration concert kizaba ku munsi mukuru wa Pasika.
Abinyujije kuri Instagram yavuze ko azagera mu Rwanda taliki ya 1 Mata 2018 aheraho asaba abantu bose kuzitabiri igitaramo cye kizabera muri parikingi ya Stade amahoro i Remera.
Yagize (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2DWZRFJ
via IFTTT
No comments:
Post a Comment