Perezida w' u Rwanda kuri uyu wa 26 Werurwe 2018, yatangiye inama mpuzamahanga ya Siyansi Next Einstein Forum irimo kubera I Kigali avuga ko ubufatanye aribwo bwatuma Isi yihuta mu bijyanye n' ubuvumbuzi.
Umukuru w' u Rwanda yavuze ko yavuze ko ibikenewe ngo abantu bagere aho bashaka bihari cyane cyane binyuze mu buhanga buri mu rubyiruko ari narwo musingi wubakiyeho ahazaza ha Afurika.
Yagize ati “Ni ngombwa ko habaho ubufatanye mu bushakashatsi muri siyansi. Ibi nibyo bituma kuvumbura (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2GuH9KQ
via IFTTT
No comments:
Post a Comment