Teklehaimanot watwaye Tour du Rwanda yabonye ikipe nshya

Umusore Daniel Teklehaimanot ukomoka mu gihugu cya Eritrea uzwi muri Tour du Rwanda ya 2010 kubera ubuhanga yagaragaje bikarangira ayitwaye,yabonye ikipe nshya ya Cofidis yo mu Bufaransa nyuma yo kurekurwa na Dimension Data yo muri Afurika y'Epfo.
Nyuma y'ibihuha bitandukanye byavugaga aho uyu musore agomba kwerekeza,ubuyobozi bwa Cofidis bwatangaje ko bwamaze kumvikana n'uyu musore w'imyaka 29 ndetse agomba guhita atangira amarushanwa yitabira irushanwa rya Dubai Tour rizatangira ku wa kabiri (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2EEMFax
via IFTTT

No comments:

Post a Comment