Impunzi z'Abanyekongo zisanzwe zicumbikiwe mu nkambi y'ahitwa Kiziba zimaze iminsi itatu zikambitse ku biro bya HCR ishami rya Karongi. Kuri uyu w akane zatangarije itangazamakuru ko zigiye kuhapfira. Izi mpunzi ziratabaza zisaba Leta y'u Rwanda kuziha uburenganzira bwo guhaha, kugemurirwa no kwivuza. Igipolisi cy'u Rwanda ntawe cyemerera kuzishyira ibyo kurya cyangwa imiti. Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Claude Ganza Munyamagana ni we ukurikirana iki kibazo aratubwira uko byari byifashe.
from Voice of America http://ift.tt/2sPgliR
via IFTTT
No comments:
Post a Comment