Polisi yaburiye abakoresha ibihangano by'abahanzi mu nyungu zabo

Gutubura, gukina no gucuruza ibihangano by'abandi hagamijwe inyungu runaka ntabwo byemewe n'amategeko bityo bikaba byaviramo uwabikoze ibihano.
Kubitubura, kubikina no kubicuruza bisaba ko nyirabyo abitangira uburenganzira nk'uko amategeko abiteganya. Hari aho bimwe muri ibyo bihangano nk'indirimbo, amashusho atandukanye n'ibindi bigenda bituburwa ndetse bikanagurishwa cyane cyane mu Mujyi wa Kigali.
Unarebye mu rwego rw'ubuhanzi, ntashema ririmo kubona umuntu ajya kwiba ibihangano by'undi (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BRWvCL
via IFTTT

No comments:

Post a Comment