Lady Gaga yahagaritse ibitaramo 10 byari biteganyijwe kubera ku mugabane w'U Burayi muri byinshi yari ateganyije gukora ku isi akaba avuga ko byatewe n''ububare burenze urugero yagize'.
Mu tangazo yashize ku rubuga rwa Twitter, uyu muririmbyi rurangiranwa yasabye imbabazi abafana be avuga ko ababaye cyane ariko ko akeneye kubanza kwita ku buzima bwe.
Lady Gaga wabonye amashimwe ya Grammy Awards afite indwara ya Fibromyalgia ituma umuntu agira ububabare umubiri wose.
Ibitaramo yagombaga (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2DYbq06
via IFTTT
No comments:
Post a Comment