Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2018 ikamyo yakoreye impanuka ku musozi wa Buranga mu karere ka Gakenke ifunga Umuhanda Kigali-Musanze.
Polisi y' u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko iyi mpanuka yabaye saa munani n' igice ndetse ko nta muntu wakoretse.
Yagize ati “Ni ikamyo yaguye saa munani n' igice ifunga umuhanda gusa nta wapfuye nta n' uwakomeretse. Yabereye Buranga mu karere ka Gakenke mu murenge wa Gahinga.”
Polisi yatangaje ko harimo gukorwa (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2CEe6hN
via IFTTT
No comments:
Post a Comment