Bull Dog yihereyeho yavuze abandi aha amahirwe yo guhatana muri Guma Guma

Umuraperi Bull Dog atangaza y'uko hari abahanzi b'abaraperi bagenzi be abona bakoze neza uyu mwaka bagakwiye guhabwa umwanya n'abo bagahatana/bakongera guhatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro ya munani.
Ubwo yari mu kiganiro na Isango Star,Bull Dog yabajijwe amazina y'abahanzi b'abaraperi batatu abona badakwiye kubura muri Guma Guma igiye kuba uyu mwaka nk'uko bivugwa.Yavuze ko hari benshi abona bakagiyemo ariko atibuka neza ibikorwa bakoze muri uyu mwaka. (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2HIFCyn
via IFTTT

No comments:

Post a Comment