Perezida Kabila asa n'uwamaze gutakaza icyizere cyo guhindura itegeko nshinga

Imyaka 17 n' umunsi 1 ari Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2018 yatumije abanyamakuru ngo ababwiye uko igihugu gihagaze, akomoza ku matora y' umukuru w' igihugu aho yagaragaje ko asa n' uwatakaje icyizere cyo guhindura itegeko nshinga ngo azongere yiyamamaze.
Ijambo rya Perezida Kabila ni imbonekarimwe. Kuva yagera ku butegetsi tariki 26 Mutarama 2001 asimbuye se wari umaze kwitaba Imana ijwi rye ryumvikana mu (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DSykcw
via IFTTT

No comments:

Post a Comment