Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Polisi y'u Rwanda mu karere ka Nyanza yafatiye ibiro bigera kuri 80 by'urumogi mu bikorwa byo kurwanya icuruzwa n'ikwirakwizwa ry'ibiyobyabwenge mu gihugu; ifatwa ryabyo rikaba ryaraturutse ku makuru yahawe ku gihe n'abahatuye.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Amajyepfo , Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi yavuze ko urwo rumogi nyuma y'igikorwa cyamaze amasaha ane, cyatangiriye mu kagari ka Gasoro mu murenge wa Kigoma maze kigasorezwa (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2rKD9jh
via IFTTT
No comments:
Post a Comment