Abanyarwanda 2 bitwaye neza kurusha abandi mu irushanwa rya CHAN 2018 aribo Manzi Thierry myugariro wa Rayon Sports na Bizimana Djihad ukina hagati mu ikipe ya APR FC bari kwifuzwa n'amakipe yo hanze y'u Rwanda harimo n'ayo mu barabu.
Nkuko amakuru agera ku Umuryango abihamya,aba basore bakomeje kwifuzwa cyane n'amakipe akomeye hanze y'u Rwanda kubera ukuntu bitwaye muri iri rushanwa kuko banabaye abakinnyi bitwaye neza mu mikino 2 Amavubi yitwayemo neza.
Manzi Thierry yabaye umukinnyi witwaye (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2GpwM89
via IFTTT
No comments:
Post a Comment