Abacungagereza bishimiye bagiye kujya bahahira mu isoko rya gisirikare

Abacungagereza bafite icyizere ko bo n' imiryango yabo hari ikigiye guhinduka mu mibereho yabo nyuma y' uko inama y' abaminisitiri yemeje iteka rya Minisitiri w' Intebe ribaha uburenganzira bwo guhahira mu isoko rya gisirikare rizwi nka ‘Army shop'.
Umwe mu myanzuro y' inama y' abaminisitiri yo ku wa 19 Mutarama 2018, uragira uti “Inama y' abaminisitiri yemeje Iteka rya Minisitiri w'Intebe ryemerera Abacungagereza kuba abagenerwabikorwa b'Ihahiro ry'Ingabo na Polisi by'u Rwanda”
Umuvugizi w' Urwego (...)

- Ubukungu

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DpSg6U
via IFTTT

No comments:

Post a Comment